Abatuye ku kirwa cya Gihaya mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, baravuga ko babangamiwe no kuba ivuriro rito (Poste de Sante) bari bubakiwe rimaze imyaka isaga 2 ridakora. Ibi ngo bikubitiraho ...
Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu buzima bwabo bwa buri munsi bikomeje kubahindurira ubuzima, harimo no kubaha urumuri rubafasha kwitezimbere muri gahunda zose ...
Abantu 27 batangiye urugendo rw’ibirometero 6470 bakoresheje amagare muri bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Aurika y’Iburasizuba, batanga ubutumwa bwo kubungabunga ibidukikije no guharanira umuco ...
Abatuye mu Karere ka Rubavu biganjemo abakora ingendo nyambukiranyamupaka wa Rubavu-Goma batangiye guhabwa inkingo za Mpox. Abazihawe barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko ...
Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice yitabaje abagore bo muri iyi Ntara ngo bafashe mu kurandura ikibazo cy'igwingira mu bana gikomeje kwambika isura mbi iyi Ntara y'am, aho ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko abanyeshuri biga mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza Ibidukikije (RICA), bahavana ubumenyi n'ubushobozi bwo gukora ibikenewe mu guteza ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.